Kuva havugururwa itegeko ryishya ry’ubutaka, twagiye tubona amwe mu madini n’amatorero agaragaza ko atazashobora kwishyura umusoro w’ubutaka kubera ko afite ubutaka bunini ku buryo bizagorana kwishyura.

Kutishyura umusoro wa Leta usanga bigendana n’ibihano akenshi biba biremereye ku buryo bishoboka cyane ko hari imwe mu mitungo y’amadini n’amatorero ishobora gufatirwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro r’amahoro Rwanda Ravenue Athurity – RRA.

Hari bamwe mu banyamadini babwiye ISANGE.rw ko baciwe amande kubera kutishyura ndetse ko bimaze kubabera umutwaro ukomeye.

Mu minsi ya vuba, tuzabagezaho ubusesenguzi bwimbitse ku bibazo nk’ibi byugarije abanyamadini ndetse n’icyo RRA ibivugaho..

1 COMMENT

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here